KOPERATIVE Y’ABAJYANAMA B’UBUZIMA KU KIGONDERABUZIMA CYA NKANKA MU NZIRA YO KWITEZA IMBERE
Nk’uko mubyibonera iyo ni imodoka yo mu bwoko bwa BEN yaguzwe n’ishyirahamwe ry’Abajyanama b’Ubuzima rikorera ku kigonderabuzima cya Nkanka mu karere ka RUSIZI.Twe tubona ari igikorwa cy’indashyikirwa gikwiye kubera n’abandi...[more]
INTEKO RUSANGE Y’ABAGORE BO MU KARERE KA RUSIZI YATERANYE IKABA YIYEMEJE KUBA UMUSEMBURO W’UBUKUNGU N’URUMURI RUMURIKIRA ABANDI MURI AKO KARERE

Tariki ya29 Ukuboza 2011, mu karere ka Rusizi hatangiye Inteko rusange y’abagore ikazamara iminsi ibiri. Ubwo yatangizaga iyo nteko rusange ku mugaragaro, Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi Bwana Nzeyimana Oscar, yagarutse ku mateka...[more]
Mu murenge wa Butare, abasigajwe inyuma n’amateka bamaze kuba indashyikirwa mu bworozi bw’Inka

Mu bihe byashize abasigajwe inyuma n’amateka bafatwaga nk’abantu bashoboye umurimo wo kubumba gusa. Ariko uri iki gihe nyumay’uko ubuyobozi butangiye kubashishikariza kumva no kwitabira gahunda za leta bimaze kugaragara ko...[more]
UBUFATANYE HAGATI Y’UBUYOBOZI BW’UMUJYI WA BUKAVU MURI RD CONGO N’UBUYOBOZI BW’AKARERE KA RUSIZI BUKOMEJE GUTANGA UMUSARURO MWIZA

UBUFATANYE HAGATI Y’UBUYOBOZI BW’UMUJYI WA BUKAVU MURI RD CONGO N’UBUYOBOZI BW’AKARERE KA RUSIZI BUKOMEJE GUTANGA UMUSARURO MWIZA.Kuri iyi tariki ya 29 Ukuboza ni bwo Umuyobozi w’Umujyi wa Bukavu mu gihugu cya Repubulika...[more]

