ABASENATERI BARASHIMA UBUFATANYE BURANGA INZEGO MU GUKEMURA AMAKIMBIRANE




Umuyobozi w’Akarere w’Agateganyo Madamu KANKINDI Leoncie yashimye uruhare rw’inteko ishinga amategeko umutwe wa sena kuba baza kureba uko aya mahame remezo ashyirwa mu bikorwa ndetse bakanakora ubuvugizi ku mbogamizi zaba zigaragaramo.
Hon NIYONGANA Galiican yashimye ugushyira hamwe mu gushyira mu bikorwa iri hame remezo maze ajya inama ko hakomeza kujya habaho umwihariko mu gukemura ibibazo bitewe n’ubwoko bwabyo bityo ibikeneye. Nyuma ya saa sita iri tsinda ry’abasenateri rikaba ryasuye akagari ka Giheke, umurenge wa Giheke mu nteko z’abaturage maze birebera uko mu nteko z’abaturage zikora nk’umwe mu miyoboro yo gukemura amakimbirane binyuze mu biganiro.