HASOJWE AMARUSHANWA Y’UMURENGE KAGAME CUP KU RWEGO RW’AKARERE

Ku cyumweru tariki ya 15 Gashyantare 2026 Ku rwego rw’Akarere ka Rusizi , hasojwe ku mugaragaro amarushanwa y’umupira w’amaguru n’indi mikino agamije…
Read more →

UMURENGE WA NYAKARENZO KU ISONGA MU KWESA UMUHIGO W’UBWISUNGANE MU KWIVUZA 2020-2021

Muri gahunda yo kwimakaza iterambere ry’imibereho myiza ni ngombwa ko abaturage baba bafite ubuzima bwiza bakesha kuba bashobora kwivuza igihe cyose…
Read more →

RUSIZI, IBYUMBA BY’AMASHURI BISHYA MU NZIRA YO GUKEMURA UBUCUCIKE MU MASHURI

Ku wa 30 ukuboza 2020 ku rwunge rw’amashuri ya Kaboza,mu murenge wa Gitambi ho mu karere ka Rusizi, hatashywe ibyumba by’amashuri 10 n’ubwiherero…
Read more →

ABATURAGE B’UMURENGE WA BWEYEYE BAKOMEJE GUSAGWA N’IBYISHIMO.

Muri cyerekezo cya leta y’uRwanda cyo gukomeza kwita ku baturage no kuvana abari kure mu bwigunge, kuri uyu wa gatandatu tariki 05 Ukuboza 2020…

Read more →

RUSIZI, HIZIHIJWE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’ABAFITE UBUMUGA

Mu karere ka Rusizi kimwe n’ahandi hose mu mu gihugu kuri uyu wa 03 Ukuboza hizijwe umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga. Abagize inama y’igihugu…

Read more →

MINISITIRI W’UBUTEGETSI BW’IGIHUGU YASUYE AKARERE KA RUSIZI.

Muri gahunda y’ubuyobozi bw’igihugu yo kwegera abaturage no kubakemurira ibibazo, kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ugushyingo 2020 Minisitiri…

Read more →

MINISITIRI W’IBIKORWA REMEZO YASUYE RUSIZI

Muri gahunda ya guverinema yo kwegera abaturage, kuri uyu wa 16 Ukwakira 2020 minisitiri w’ibikorwa remezo Ambasaderi GATETE Claver yasuye Akarere ka…
Read more →

AKARERE KA RUSIZI KABONYE UBUNDI BUKARABIRO

Mu rwego rwo gukomeza kurwanya icyorezo cya Koronavirusi akarere ka Rusizi gakomeje gufatanya n’abafatanyabikorwa bako kongera ibikorwa remezo byo…

Read more →

RUSIZI, HASINYWE IMIHIGO YA BAMUTIMAWURUGO.

Muri gahunda y’igihugu yo gukorera ku ntego ku 06 ukwakira mu cyumba cy’inama cy’akarere, abagize inama y’igihugu y’abagore (CNF) basinye imihigo…

Read more →

ABATURAGE B’UMURENGE WA NKOMBO BAHAWE UBWATO BWA KIJYAMBERE.

Muri gahunda ya leta yo kwita ku baturage no kubagenera ibyo bakeneye bifasha kuzamura imibereho yabo haba mu mibereho myiza ndetse no mu bukungu.…

Read more →