Rusizi hatangijwe icyumweru cyo kwibuka ku ncuro ya 32

Nk’uko ari gahunda ngarukamwaka, mu karere ka Rusizi kimwe n’ahandi mu gihugu hose ku wa 07 Mata 2026 hatangijwe icyumweru cyo kwibuka ku ncuro ya 32…
Read more →

ABAHINZI B’UMUCERI BARISHIMIRA IBYO BAGEZEHO

                   Kwishyira hamwe haherewe ku bakora imirimo imwe n’inzira iganisha kw’iterambere ry’abagize iryo huriro kandi ikaba n’inzira…
Read more →

ABATURAGE BARISHIMIRA UBUFATANYE N’INGABO Z’IGIHUGU.

Ingabo z’igihugu zigira uruhare runini mu bikorwa bitandukanye aho zifatanya n’abaturage mu bikorwa bigamije  iterambere rirambye ryabo.…
Read more →

UBUCURUZI BWAMBUKIRANYA IMIPAKA BURAHABWA ICYEREKEZO.

Ubuhahirane n’ibindi bihugu cyane ibihugu by’ibituranyi n’urwego leta y’urwanda ishyiramo imbaraga muri gahunda yogutuma abaturage biteza imbere…
Read more →

RUSIZI,HASOJWE ICYUMWERU CY’ICYUNAMO HIBUKWA KU NCURO YA 23 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI.

“Turashima Imana ko yaduhishe mu bubusa tugashobora kurokoka”.  Aya n’amagambo umwe mu barokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yavuze…
Read more →

RUSIZI, HATANGIJWE ICYUMWERU CYO KWIBUKA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI

Mu mibereho ya muntu, buri muryango ugira igihe cyo gutekereza no  kuzirikana ku buryo bwihariye abawugize bawuvuyemo mu bihe binyuranye. Umuryango…
Read more →

Abasenyewe n’intambi z’uruganda rwa Cimerwa batangiye kubakirwa.

Imiryango 18 yo mu Murenge wa Nyakabuye, Akarere ka Rusizi, igiye kubakirwa inzu zigezweho mu mudugudu w’icyitegererezo  wa Kibangira mu murenge wa…
Read more →

IMIKORESHEREZE INOZE Y’UBUTAKA MU MUJYI WA RUSIZI

Abanyarwanda bariyongera cyane  nyamara ubutaka ntibujyane n’ubu bwiyongere. Ibi bigatuma  buri gihe Leta ihora ishaka ingamba zo guhangana n’ingaruka…
Read more →

ABANYARUSIZI BABA I KIGALI BIZEJE URUHARE RWABO MU ITERAMBERE.

Abanyarwanda,baose ari baba hanze y’igihugu, (Diaspora) ari abari mu gihugu, ari buri wese aho aherereye mu karere kaba ako avukamo cyangwa ahandi…
Read more →