Rusizi hatangijwe icyumweru cyo kwibuka ku ncuro ya 32

Nk’uko ari gahunda ngarukamwaka, mu karere ka Rusizi kimwe n’ahandi mu gihugu hose ku wa 07 Mata 2026 hatangijwe icyumweru cyo kwibuka ku ncuro ya 32…
Read more →

RUSIZI,ABATURAGE BISHIMIYE ICYUMWERU CY’UBUTAKA.

Muri gahunda yo kwita ku baturage no kubaha service inoze kandi yihuse Akarere ka  Rusizi ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’ubutaka kateguye…
Read more →

RUSIZI,IMURIKAGURISHA N’IMURIKABIKORWA RYAHURUJE IMBAGA

Leta y’uRwanda yashyize imbere imikorere irangwa n’umucyo aho abayobozi n’abandi bose bamurikira abaturage ibibakorerwa hagamije kwimakaza imiyoborere…
Read more →

ABAFITE UBUMUGA MU RUGAMBA RW’ITERAMBERE

Muri gahunda y’imibereho myiza n’iterambere leta y’uRwanda ihora iteka itekereza ku byiciro byihariye by’abanyarwanda hagamijwe kubaka ubushobozi…
Read more →

RUSIZI MU BUKANGURAMBA KU KWIRINDA MALARIYA

Muri gahunda y’imibereho myiza y’abaturage no kubatoza kuyiharanira, kuva ku wa 28 Ugushyingo kugera ku wa 01 Ukuboza 2017 mu karere ka Rusizi…
Read more →

RUSIZI,INKUNGA Y’INGOBOKA YABAFASHIJE GUTEGANYIRIZA AHAZAZA.

Leta y’u Rwanda ishishikazwa n’imibereho myiza y’abaturage hitabwa ku byiciro binyuranye. Abo batishoboye bahabwa inkunga y’ingoboka ibafasha kubaho.…
Read more →

RUSIZI, UMUGANDA URAKEMURA BYINSHI.

U Rwanda n’igihugu gishashaka uko cyakwikemurira ibibazo gihereye ku bisubizo  bishingiye ku muco.  Muri ibyo bisubizo harimo n’umuganda ukemura…
Read more →

RUSIZI,ABATURAGE BASAGA 5000 BO MURENGE GITAMBI BEGEREJWE AMAZI MEZA

Abaturage basaga ibihumbi bitanu bo mu murenge wa Gitambi barishimira amazi meza begerejwe n’ingabo z’igihugu za Batayo ya 408 ikorera mu turere twa…
Read more →

Abaturage b’umurenge wa Bweyeye barishimira iterambere bagezeho

Turashimira leta y’uRwanda itarahwemye gukora ibishoboka ubu Bweyeye ikaba nayo yaravuye mu icuraburindi. Aya n’amagambo y’ibishimo yavuzwe…
Read more →

RUSIZI, BIYEMEJE KUGARAGAZA IMPINDUKA.

Ku wa 10 Ugushyingo mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Rusizi hateranye inama mpuzabikorwa. Iyi n’inama iteganywa n’amategeko ikaba yitabiriwe…
Read more →